Комментарии:
Mama mwiza mfite nange abantu ntinya kubera amahitamo yange mabi.
ОтветитьWabwiwe Niki ibyo na nyuzemo? Uranyubatse pee!!
ОтветитьNukuri uretse data wo mwijuru wampaye amahirwe yakabiri nari nashyizweho iherezo Kandi nkiriho.
ОтветитьNdagukunda mubyeyi Imana iguhe imigisha y'uburyo bwose ndakwikundira mubyeyi wange
ОтветитьNange nabuze nimero yawe
ОтветитьJew Nuko Mperuka Kera Mu Rwanda ariko umuns nzogaruk Nzokuramuts Disi mutesi Wanje
ОтветитьPST NGE.IBYO SIMBIHA AGACIRO KUKO NZIKO ABANTU BABESHYERA ABANDI NDETSE BAGATANGA NA GATUBUTSE NGO BASEBYE ABAKOZI BI MANA NDIBUKA UKUNTU BABESHEYE IMUSHUMBA WANGE NGO BAMUBONYE MWISANDUKA NGO UMUGORE YARAVUYE KUMUHEREKEZA NGO AJE AMUSANGA MWISANDUKA MUGIHE YARI MURI SIRAHERI NA BAKRISTO BO MIRWANDA NABO MUMAJANGA, MUGIHE NU GORE YARI MURI AMERICA AHAMAZE UMWAKA YIGAYO NDETSE NURUBYARO RWABO
NICYO KINDENGA NKIBAZAKO
IMANA IBA YABATEYEMO AGATEGO KAGARAGAZAKO
BA BESHYA KUKO HAFI YABASHUMBA NA BAKRISTO BARI BAZIKO UMUSHUMBA ARI MURUGENDO
IKI NIBAZA UKUNTU UMUNTU YUNVA AMAKURU ATAGIRA FACT UKAYEMWRA UWO BASHINJA NTANAMAKURU YE UZI NTA BACKGROUND YE UZI BYIBUZE SO MUTESI MUSHUMBA UFITE UBWENGE ,IKINYABUPFURA , IBYO BYOSE NA MAVUTA UMWANZI ASHAKO MU MENA
ARKO MUHUMURE YESU AZABARWANIRIRA UKURI NUKURI KNDI KUZATSINDA BYOSE MWIRANGAZWA NA BANYAGIPUTA TURABAKUNDA NITWE TUBAZI BANYAMUJYA IYO BIJYA NAKAZI KABO❤❤❤❤❤❤❤
Amen
ОтветитьKuberimana ibibazo byose ufite izabikemura
ОтветитьMubyeyi ndagukunda,Warandeze mumwuka kugeza nubu.Iyurize binyibutsa neza ngusanga ndimukaga ukampumuriza,utitaye uko narindi.kera mubyeyi.
ОтветитьMutege zange nzagusengera kugaza mpfuye
ОтветитьNdakubabaliye
Ответить❤❤❤
ОтветитьShes Wise❤❤
ОтветитьBasi ndabikunze , Imana ikomeze ikumurikire, iguhaze amagambo y'ubwenge imurikire imitekerereze yawe kdi iyobore intambwe zawe mugendane nayo ,kdi uharinire gukomeza kuba uwumumamaro aho bishoboka hose yewe naho bidashoboka uzabiharanire Imana izabigushoboza
ОтветитьMutesi Ntukavuge gutyo kuko Turagukunda Cyaneee abakwanga nishyari ryabishe , Mutesi mwiza Dukunda ❤❤❤❤❤❤ Sindakumva Utukana na Rimwe Iteka Uhora wivugira ibyiza, urukundo , Ubumuntu bwinshi , wisekera , Uhoza Imitima yabarushye, Inama nziza Kubababaye, Mana Ukwanga arakagwa Ishyanga , Uzi Gushima , Ukamenya Kubabarira . Imana izagukize Mwiza Wacu Bazakuvura Ukire Mubushobozi, Bwimana ❤❤ Mana ndagukunda Mubuzima Mubyeyi Mwiza Imana Iri muri Wowe kuko yaguhaye iteka Kuvuga Ibyiza akanwa kawe Katura byiza Gusa ❤❤ Bless you ❤❤❤
ОтветитьMutesi ndagukunda mu mabara yose, ,lmana iragukunda Kandi irareba ntireberera, komera ,shikama, ntuzave ku mwami wawe gusa❤❤
ОтветитьYoooooooooo
Mute nukuri qualite yawe nuko uri umunyembaraga zumutima kdi uri mfura yuzuye ubupfura.
Uwiteka arakuzi kdi agukunda rwinshi.
Humura Imana niza ntizaceceka guhora nukw Imana kdi ihora ihoze.
Gusa ujye umenya ko harabagukunda Uzi ariko hari nabagukunda utatuzi.
Ndukundira ibintu byinshi💕💕💕
Mute jya ureka ikigoryi rwose
ОтветитьImana ibyumve, kndi abantu bicare bige bafate isomo,ryo kugira amahitamo meza
Ответить❤️❤️❤️❤️❤️🌹🌸💐🌺🌷🌻🥀🌼
ОтветитьRIB nihaguruke pe 😭 bisigaye bikabije cyaneeeee
ОтветитьUwiteka akomeze akuzigame turagukunda. Ukeneye kubona abakazana ukeneye abakwe
ОтветитьImana ikuremere amashimwe nukuri aho bahereye nawe wahozwa amarira nukuri nigutunge Intoki nyagasani hindukirira umukozi wawe 🧎♀️🧎♀️🧎♀️🧎♀️🧎♀️🧎♀️
ОтветитьNkunda ubwenge ugiraa mubyeyii. Kuko amahitamo yose umuntu akora agomba kuyoboza Imana inzira
ОтветитьNgewe ngukunze vuba.Nubwo nta cyo namara mu buzima bwawe,ariko natangiye kugukunda.Nakwigiyeho gatanga care nk'imugore mugenzi wawe, Kandi commentaire nabonye z'uko utikunda agafasha abandi zaranyubatse.Komereza aho ibikorwa by'urukundo Kandi ndakwifuriza gukira ugakomeza ubutumwa.
ОтветитьAriko mwagiye mureka gutuma pst Mutesi arira koko!😭😭😭😭
ОтветитьImporte bambe
ОтветитьPast Imana izaguhe urugo rwiza nukuri uri imfura ugira amagambo yubwenge kd adakomeretsa abandi
ОтветитьAmen amen 🙏
ОтветитьYesuweeee!!!!!! Nshimishijwe nokubona uyu mubyeyi yishimye anaseka!❤❤❤
ОтветитьNajye naribabaje mumahitamo yajye pasta wowe undemamo ikizere kejo hazaza
ОтветитьNizereko ari urukundo rusanzwe kandi afite urugo rwe
ОтветитьTuragukundaaaa,paster Mutesi wacuuuu,na Yesu wacu aragukundaaaa
ОтветитьPole sana mama ❤❤❤❤
ОтветитьMPORE MPORE MUVYEYI IMANA UKORERA IRAGUKUNDA MPORE
ОтветитьImana izakurengera mubyeyi
ОтветитьUtumye ndira kuko amagambo uvuze ankozeho kubw,ibikomere nagize
ОтветитьImana iguhe umugisha ndagukunda uri umugore ukomeye ufite gukomera kumutima nyuma yibyo byose hari imana izi ukuri
ОтветитьPst usengere urubyiruko cyane kk turakomerewe pe gs hejuru yabyose hari Imana iduhe guhitamo neza 👏👏👏👏👏👏
ОтветитьMukude bihorere
ОтветитьMutusi humura hari natalité abagabo badashobora kubatengera humura rero mwana wa yezu iturize lmana niyo izo iherezo ryibyo ucamo nubwo bibagaburira bareke umuriro bacana bamwe kuwuzimya bizabagora
ОтветитьMutesi umubyeyi wabeshi ndimo uratwubaka gusa nyine narakubuze ndakubabariye pe ndagukunda cyane ukwanga ampereho nubwo batanzi
ОтветитьNonese save the date irahari cyangwa nukubeshya. Ndabaza abarangije ikiganiro. Turagukunda pastor Mute
Ответить😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮.
ОтветитьUri umu dame w'Intwari. Ugira amagambo meza arimwo inyigisho nziza, wuzuye urukundo ❤
ОтветитьMutesiw we ngukundae nubwo bovuga ibibi incuro imiliyoni ntaco bimbwira.ndiw umurundikazi.👌
Ответить